Banyarwanda, Banyarwandakazi,
Umwaka wa 2009 urarangiye, twinjiye mu mwaka mushya wa 2010.
Mu muco nyarwanda, iyo umwaka urangiye, dushimira Imana kandi tukifurizanya umwaka utaha mwiza. Ni muri urwo rwego rero, mu izina ryanjye bwite, no mu izina ry’Urunana rw’Abaharanira Ubumwe na Demokarasi (RUD-Urunana), mbifurije umwaka mushya muhire wa 2010. Maze muri uyu mwaka mushya dutangiye none, tuzarusheho guharanira amahoro ashingiye kuri demokarasi n’uburenganzira bw’ikiremwamuntu mu Rwanda no mu karere k’ibiyaga bigari.
Muri ibi bihe ag ... suite >>>
|
|
|
|